I

imvahonshya.co.rw

@imvahonshya 5 hours ago

Nyuma y'imyaka y'amakimbirane, u Rwanda na Afurika y'Epfo byafashe umwanzuro

Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko nubwo umubano w'u Rwanda na Afurika y'Epfo wagiye uzamo agatotsi mu bihe bitandukanye ariko ibihugu byombi bitigeze bihagarika burundu ibiganiro, ndetse ubu hafashwe ingamba z'uko ntakizongera kuwuhangubanya. Mu kiganiro yatanze ku wa 23 Kanama 2026, Amb. Nduhungirehe yavuze ko umubano w'ibihugu byombi ufite amateka maremare, yatangiye

read more

Other Headlines