imvahonshya.co.rw
@imvahonshya 5 hours ago
Papa Léon XIV yatabarije RDC yibasiwe na Ebola
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Léon XIV, yasabye Umuryango Mpuzamahanga gufatanya mu gukumira no kugabanya ingaruka z'icyorezo cya Ebola gikomeje gukwirakwira muri Repubulika Iharanira Demokorasi ya Congo (RDC). Papa Léon XIV yabigarutseho ku Cyumweru, tariki ya 23 Kanama 2026, mu isengesho yayoboye kuri Bazilika yitiriwe mutagatifu Petero i Vatican, asaba umuryango mpuzamhanga kugira
read moreOther Headlines
imvahonshya.co.rw
@imvahonshya 59 minutes ago
Abakora ibyica abantu turahangana na bo- Perezida Kagame
Perezida Paul Kagame yagaragaje ko atumva ukuntu uruganda rwenga inzoga rushobora gukora ibintu bitujuje ubuzirangenge bikica abantu ariko igihugu kikarebera, ashimangira ko nk'Umukuru w'Igihugu areba ibifitiye Abanyarwanda akamaro atakwemera ko Abanyarwanda bapfa mu nyungu za ba nyiringanda n'abazikoramo. Mu kiganiro yagiranye n'Itangazamakuru ku wa Mbere, tariki ya 24 Kanama 2026, Perezida Kagame yagaragaje ko atumva
read moreimvahonshya.co.rw
@imvahonshya 2 hours ago
U Rwanda ruzishimira gushora imari mu gutunganya peteroli muri Kenya
Hakomeje kurebwa uburyo u Rwanda rwazaba mu bihugu bizabyaza umusaruro amahirwe y'ishoramari mu ruganda rutunganya ibikomoka kuri Peteroli ruteganywa kubakwa ku Kirwa cya Lamu muri Kenya, n'Umuherwe Aliko Dangote ukomoka muri Nigeria. Mu kiganiro n'abanyamakuru kuri uyu wa Mbere yariki ya 24 Kanama, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yahamije ko u Rwanda rufite ubushake bwo
read moreimvahonshya.co.rw
@imvahonshya 1 hours ago
UMURENGE WA MUHAZI: Isoko ryo kugemura ibikoresho byo mu biro n'iby'ubwubatsi byo kubaka no gusana amashuri n'izindi nyubako za leta
read moreimvahonshya.co.rw
@imvahonshya 3 hours ago
Abanyeshuri 7% batsinze mu mashuri abanza ni bo bahawe ibigo bibacumbikira
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Uburezi, Irere Claudette, yatangaje ko 7% gusa by'abanyeshuri batsinze ibizamini bisoza amashuri abanzaari bo babonye imyanya mu mashuri abacumbikira, mu gihe abarenga 180 000 baziga mu mashuri atanga amasomo ku manywa biga bataha. Irere yavuze ko iyi mibare igaragaza ko ubushobozi bw'amashuri acumbikira abanyeshuri bukiri buke ugereranyije n'umubare munini w'abanyeshuri
read moreimvahonshya.co.rw
@imvahonshya 2 hours ago
Umusizi Murekatete yahishuye imvano y'igisigo 'Nibagwire'
Umusizi Murekatete yasobanuye imbarutso y'igitekerezo Nibagwire aherutse guteguza abakunzi be avuga ko kigamije kwifuriza abakundana urukundo ruzageza ku ntego yo kubana ari byo yise kugwira nyabyo. Murekatete avuga ko igitekerezo cyo gukora icyo gisigo cyashibutse ku buryo bukoreshwa umuntu arambagiza uwo bazabana avuga ko ari urugendo ruba rutoroshye aho umuntu aba agomba kwitonda kuko hari
read moreimvahonshya.co.rw
@imvahonshya 5 hours ago
MUHORORO TSS: Isoko ryo kugura no kugemura ibiribwa bihunikwa n'ibidahunikwa, ibikoresho mfashanyigisho byo mu ishami ry'ubwubatsi, iry'amashanyarazi, iry'ububaji, ibikoresho byo mu biro n'isuku, ibicanwa, bizakenerwa mu mwaka w'amashuri wa 2026-2027
read moreimvahonshya.co.rw
@imvahonshya 5 hours ago
Nyuma y'imyaka y'amakimbirane, u Rwanda na Afurika y'Epfo byafashe umwanzuro
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko nubwo umubano w'u Rwanda na Afurika y'Epfo wagiye uzamo agatotsi mu bihe bitandukanye ariko ibihugu byombi bitigeze bihagarika burundu ibiganiro, ndetse ubu hafashwe ingamba z'uko ntakizongera kuwuhangubanya. Mu kiganiro yatanze ku wa 23 Kanama 2026, Amb. Nduhungirehe yavuze ko umubano w'ibihugu byombi ufite amateka maremare, yatangiye
read moreimvahonshya.co.rw
@imvahonshya 6 hours ago
UMURENGE WA KANOMBE: Isoko ryo gutwara abantu n'ibintu n'irya maintenance y'imodoka y'isuku n'umutekano na moto by'umurenge
read moreimvahonshya.co.rw
@imvahonshya 6 hours ago
KABUTARE TSS: Isoko ryo kugemura ibikoresho bishira bizakoreshwa mu kwigisha mu mwaka w'amashuri wa 2026-2027
read moreimvahonshya.co.rw
@imvahonshya 7 hours ago
Umuhanzi Magixx yapfushije nyina
Umuhanzi Magixx ukomoka muri Nigeria, ari mu gahinda nyuma yo gupfusha nyina. Ni inkuru yatangajwe n'uwo muhanzi ubwe abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, avuga ko bikimugora kwakira ko yabuze nyina agaragaza ko umuryango wabo ubuze inkingi ikomeye anagaragaza ko nyina yaranzwe no kwihangana mu gihe cy'uburwayi bwe. Yagize ati: "Sinigeze numva uburibwe bw'agahinda nk'uko biri ubu.
read moreimvahonshya.co.rw
@imvahonshya 7 hours ago
Minisitiri w'Uburezi yatumiwe muri Gen-Z Comedy
Minisitiri w'Uburezi, Nsengimana Joseph yatangajwe nk'umutumirwa w'umunsi mu gitaramo cy'urwenya cya Gen-Z Comedy giteganyijwe ku wa 27 Kanama 2026 ari na cyo gisoza iby'uku kwezi. Ibi bitaramo ubusanzwe bizwiho guha umwanya abanyarwenya bakizamuka bakagaragaza impano zabo ariko bikagira n'umwanya w'abatumirwa b'umunsi biganjemo abafite amazina muri sosiyete mu rwego rwo kuganiriza urubyiruko ruba rwabikoraniyemo. Kuri iyi
read moreimvahonshya.co.rw
@imvahonshya 7 hours ago
Musanze irashyushye, imyiteguro yo Kwita Izina igeze ku musozo
Imyiteguro y'umuhango ngarukamwaka wo Kwita Izina abana b'ingagi 22 uteganyijwe ku 04 Nzeri 2026, mu Karere ka Musanze igeze kure, aho imirimo yo kubaka ahazitirwa izina isa nk'iyageze ku musozo, ndetse abafite ibikorwa by'ubucuruzi n'abatanga serivise zitandukanye babucyereye biteguye kwakira abagera ku 10 000 bazitabira uwo muhango baturutse hirya no hino ku Isi. Uyu muhango
read moreimvahonshya.co.rw
@imvahonshya 9 hours ago
Nyamasheke: Bashengurwa n'Urwibutso rushya rwa Rwamatamu rumaze imyaka 5 rwubakwa
Abafite ababo bashyinguye mu Rwibutso rwa Jenoside rwa Rwamatamu, Umurenge wa Gihombo, Akarere ka Nyamasheke bababazwa n'Urwibutso rushya rwa Rwamatmu rumaze imyaka irenga itanu rwubakwa, mu gihe rwagombaga kuba rwaruzuye mu mwaka wa 2023. Aba baturage ntibazi impamvu kubaka uru rwibutso rwadindiye, bagasaba ko imirimo yose yo kurwubaka yihutishwa. Uhagarariye Ibuka mu Murenge wa Gihombo,
read moreimvahonshya.co.rw
@imvahonshya 19 hours ago
Rwanda Premier League 2026/27 izakoreshwamo ingengo y'imari ingana na miliyari 1,28 Frw
Urwego rutegura Shampiyona y'Icyiciro cya mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) rwemeje ko ingego y'imari y'umwaka wa 2026/27 izaba ingana na miliyari 1,2 Frw, ndetse amakipe yo muri Sudani agabanyirizwa abanyamahanga akinisha mu kibuga. Ni umwe mu myanzuro yafatiwe mu nama y'inteko rusange isanzwe yahuje abanyamurango ba Rwanda Premier League kuri iki Cyumweru, tariki ya
read moreimvahonshya.co.rw
@imvahonshya 22 hours ago
Ingagi zubatswe ku burebure butangaje: Umwihariko w'ahazizihirizwa Kwita Izina 2026
Ku kibuga kizitirwaho izina abana b'ingagi 22, ukihagera utangazwa n'uburebure bw'ingagi ebyiri iy'ingabo n'ingorezubatswemu buryo budasanzwe aho ingabo ifite uburebure bwa metero 17, ingore iikgira ubwa metero 15, zikabazishimangiraisura nyamukuru y'ahazabera ibyo birori. Ku mpande z'izi ngagi uhabona ibindiibishushanyo byubatswe by'inyamanswa zirimo inzovu, inkura, intare n'agasumbashyamba n'inzu za Kinyarwanda. Byosebigaragaza ko ingagi zatumiye izindi nyamanswa
read moreRight Column Content