I

imvahonshya.co.rw

@imvahonshya 1 hours ago

Abakora ibyica abantu turahangana na bo- Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko atumva ukuntu uruganda rwenga inzoga rushobora gukora ibintu bitujuje ubuzirangenge bikica abantu ariko igihugu kikarebera, ashimangira ko nk'Umukuru w'Igihugu areba ibifitiye Abanyarwanda akamaro atakwemera ko Abanyarwanda bapfa mu nyungu za ba nyiringanda n'abazikoramo. Mu kiganiro yagiranye n'Itangazamakuru ku wa Mbere, tariki ya 24 Kanama 2026, Perezida Kagame yagaragaje ko atumva

read more

Other Headlines